Interested in working with Cyizere, posting properties, advertising, or getting support? Our team is ready to assist you.
+250 783 977 120
info@cyizere.com
Mon – Fri, 9:00 AM – 6:00 PM
WhatsApp: Chat with us
Kigali, Rwanda
Get instant updates on jobs, tenders, properties, and important announcements.
1. Ubugari bwa romoruki ikuruwe n'ikinyamitende itatu ntibugomba kurenza ibipimo bikurikira
2. Ahantu ho kugendera mu muhanda herekanwa n'ibimenyetso bimurika ibinyabiziga ntibishobora kuhagenda
3. Ibizirikisho by’iminyururu cyangwa by’insinga kimwe n’ibindi by’ingoboka bikoreshwa gusa igihe nta kundi umuntu yabigenza kandi nta kindi bigiriwe uretse gusa kugirango ikinyabiziga kigere aho kigomba gukorerwa kandi nturenze na rimwe km 20 mu isaha, ibyo bizirikisho bigaragazwa ku buryo bukurikira:
4. Iyo umuvuduko w’ibinyabiziga bidapakiye ushobora kurenga km50 mu isaha ahategamye, bigomba kuba bifite ibikoresho by’ihoni byumvikanira mu ntera:
5. Igice cy'inzira nyabagendwa kigarukira ku mirongo ibiri yera icagaguye ibangikanye kandi gifite ubugari budahagije kugira ngo imodoka zitambuke neza, kiba ari:
6. Iyo itara ry’umuhondo rimyatsa rikoreshejwe mu masangano y’amayira ahwanyije agaciro rishyirwa ahagana he:
7. Ubugari bw’imizigo yikorewe n’ibinyamitende itatu n’ubwiyikorewe n’ibinyamitende 4 bifite cyangwa bidafite moteri kimwe n’ubw’iyikorewe na romuruki zikuruwe n’ibyo binyabiziga ntibushobora kurenga ibipimo bikurikira:
8. Iyo hatarimo indi myanya birabujijwe gutwara ku ntebe y’imbere y’imodoka abana badafite imyaka:
9. Inkombe z’inzira nyabagendwa cyangwa z’umuhanda zishobora kugaragazwa n’ibikoresho ngarurarumuri. Ibyo bikoresho bigomba gushyirwaho ku buryo abagenzi babibona :
10. Umurongo uciyemo uduce umenyesha ahegereye umurongo ushobora kuzuzwa nuturanga gukata tw'ibara ryera utwo turanga cyerekezo tumenyesha
11. Ku byerekeye kwerekana ibinyabiziga n'ukumurika kwabyo ndetse no kwerekana ihindura ry'ibyerekezo byabyo. Birabujijwe gukora andi matara cyangwa utugarurarumuri uretse ibitegetswe ariko ntibireba amatara akurikira
12. Utuyira turi ku mpande z’umuhanda n’ inkengero zigiye hejuru biharirwa abanyamaguru mu bihe bikurikira:
13. iki cyapa gisobanura iki ?
14. Uburebure bw'ibinyabiziga bikurikira ntibugomba kurenga metero 11
15. Ibyapa bitegeka bikozwe muyihe shusho?
16. Uretse mu mujyi, ku yindi mihanda yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo makuzungu ni :
17. Imbere yawe iki cyapa kikubwiye iki ?
18. Birabujijwe kugenza ibinyabiziga bigendeshwa na moteri naza romoruki zikururwa nabyo, iyo ibiziga byambaye inziga zidahagwa cyangwa inziga zikururuka zifite umubyimba uri hasi ya cm 4. Ariko ibyo ntibikurikizwa kubinyabiziga bikurikira:
19. Ibinyabiziga bikurikira bigomba gukorerwa isuzumwa rimwe mu mezi 6:
20. Iyo ikinyabiziga gifite amatara abiri cyangwa menshi y’ubwoko bumwe ayo matara agomba kugira ibara rimwe n’ingufu zingana kandi akagomba gushyirwaho ku buryo buteganye uhereye ku murongo ugabanya ikinyabizigamo kabiri mu burebure bwacyo. Ariko ibi ntibikurikizwa ku matara akurikira: