1. Ahantu ho kugendera mu muhanda herekanwa n'ibimenyetso bimurika ibinyabiziga ntibishobora kuhagenda
2. Utuyira turi ku mpande z’umuhanda n’ inkengero zigiye hejuru biharirwa abanyamaguru mu bihe bikurikira:
3. Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko, umuvuduko ntarengwa ku modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange ni:
4. Uburebure bw'ibinyabiziga bikurikira ntibugomba kurenga metero 11
5. Imburira zimurika zemerewe gukoreshwa kugirango bamenyeshe umuyobozi ko bagiye kumunyuraho aha hakurikira:
6. Igice cy'inzira nyabagendwa kigarukira ku mirongo ibiri yera icagaguye ibangikanye kandi gifite ubugari budahagije kugira ngo imodoka zitambuke neza, kiba ari:
7. Umurongo uciyemo uduce umenyesha ahegereye umurongo ushobora kuzuzwa nuturanga gukata tw'ibara ryera utwo turanga cyerekezo tumenyesha
8. Iyo hatarimo indi myanya birabujijwe gutwara ku ntebe y’imbere y’imodoka abana badafite imyaka:
9. Uretse mu mujyi, ku yindi mihanda yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo makuzungu ni :
10. Ahatari mu nsisiro umuvuduko ntarengwa mu isaha wa velomoteri ni
11. Ku byerekeye kwerekana ibinyabiziga n'ukumurika kwabyo ndetse no kwerekana ihindura ry'ibyerekezo byabyo. Birabujijwe gukora andi matara cyangwa utugarurarumuri uretse ibitegetswe ariko ntibireba amatara akurikira
12. Nibura ikinyabiziga gitegetswe kugira uduhanagurakirahure tungahe
13. Utegereje gukata iburyo kwiherezo ry’umuhanda.ukingirijwe nimodoka ihagaze.niki wakora?
14. Uburemere ntarengwa bwemewe ntibushobora kurenga ½ cy’uburemere bw’ikinyabiziga gikurura nubw’umuyobozi kuri romoruki zikurikira :
15. Ni hehe byemewe kunyuranaho munzira y’icyerekezo kimwe?
16. Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya kanini aha hakurikira
17. Kunyura ku binyabiziga bindi, uretse icy’ibiziga bibiri, bibujijwe aha hakurikira:
18. Imbere yawe iki cyapa kikubwiye iki ?
19. Iki cyapa gisobanura iki?
20. Iyo ikinyabiziga gifite amatara abiri cyangwa menshi y’ubwoko bumwe ayo matara agomba kugira ibara rimwe n’ingufu zingana kandi akagomba gushyirwaho ku buryo buteganye uhereye ku murongo ugabanya ikinyabizigamo kabiri mu burebure bwacyo. Ariko ibi ntibikurikizwa ku matara akurikira: