Multiple Choice | Amategeko y'Umuhanda

55. Iyo ikinyabiziga gifite amatara abiri cyangwa menshi y’ubwoko bumwe ayo matara agomba kugira ibara rimwe n’ingufu zingana kandi akagomba gushyirwaho ku buryo buteganye uhereye ku murongo ugabanya ikinyabizigamo kabiri mu burebure bwacyo. Ariko ibi ntibikurikizwa ku matara akurikira:

Correct Answer: itara ribonesha icyapa kiranga numero y’ikinyabiziga inyuma

© Cyizere, Inc. | All rights reserved. Designed by TechSolution