Multiple Choice | Amategeko y'Umuhanda

31. Igice cy'inzira nyabagendwa kigarukira ku mirongo ibiri yera icagaguye ibangikanye kandi gifite ubugari budahagije kugira ngo imodoka zitambuke neza, kiba ari:

Correct Answer: Ahanyurwa n’ibinyamitende

32. Ubugari bwa romoruki ntiburenza ubugari bw’ikinyabiziga kiyikurura iyo ikuruwe n’ibinyabiziga bikurikira:

Correct Answer: Ipikipiki ifite akanyabiziga kometse ku ruhande rwayo

33. Iyo hatarimo indi myanya birabujijwe gutwara ku ntebe y’imbere y’imodoka abana badafite imyaka:

Correct Answer: Imyaka 12

34. Icyapa kivuga gutambuka mbere y’ibinyabiziga biturutse imbere gifite amabara akurikira:

Correct Answer: Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

35. Ni ryari itegeko rigenga gutambuka mbere kw’iburyo rikurikizwa mu masangano:

Correct Answer: A na B ni ibisubizo by’ukuri

36. Ibimenyetso bimurika byerekana uburyo bwo kugendera mu muhanda kw'ibinyabiziga bishyirwa iburyo bw'umuhanda. Ariko bishobora no gushyirwa ibumoso cyangwa hejuru y’umuhanda:

Correct Answer: Kugirango birusheho kugaragara neza

© Cyizere, Inc. | All rights reserved. Designed by TechSolution