Multiple Choice | Amategeko y'Umuhanda

37. Iyo itara ry’umuhondo rimyatsa rikoreshejwe mu masangano y’amayira ahwanyije agaciro rishyirwa ahagana he:

Correct Answer: a na b ni ibisubizo by’ ukuri

38. Inkombe z’inzira nyabagendwa cyangwa z’umuhanda zishobora kugaragazwa n’ibikoresho ngarurarumuri. Ibyo bikoresho bigomba gushyirwaho ku buryo abagenzi babibona :

Correct Answer: Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

39. Ibinyabiziga bikurikira bigomba gukorerwa isuzumwa rimwe mu mezi 6:

Correct Answer: Ibisubizo byose ni ukuri

40. Iyo kuyobya umuhanda ari ngombwa bigaragazwa kuva aho uhera no kuburebure bwawo n’icyapa gifite ubuso bw’amabara akurikira:

Correct Answer: Nta gisubizo cy’ukuri

41. Ku mihanda ibyapa bikurikira bigomba kugaragazwa ku buryo bumwe:

Correct Answer: Ibyapa bibuza n’ibitegeka

42. Ibizirikisho by’iminyururu cyangwa by’insinga kimwe n’ibindi by’ingoboka bikoreshwa gusa igihe nta kundi umuntu yabigenza kandi nta kindi bigiriwe uretse gusa kugirango ikinyabiziga kigere aho kigomba gukorerwa kandi nturenze na rimwe km 20 mu isaha, ibyo bizirikisho bigaragazwa ku buryo bukurikira:

Correct Answer: Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

© Cyizere, Inc. | All rights reserved. Designed by TechSolution